Tuesday, December 9, 2014

KIGALI YACU ISIGAYE ARI ISIBANIRO RYA SHITANI N'IMANA:MURI IYI WEEKEND ABAKOBWA BO MUTUBYINIRO BADUKOREYE AGASHYA

By Abdulaham Rajab
Nkuko namwqe mubyibonera hano kuraya mafoto. Mubyukuri iyi weekend umujyi wacu wa Kigali wari watahiwe nabadaimoni. Mutubyiniro dutandukanye uku niko byari byifashe kuburyo abagabo besnhi batinze gutaha barimo kwirebera uko abagore nabakobwa bakora UBUMPENEMPENE. Nkuko umwe mubo twavuganye yabimbwiye mubajije impamvu agejje sacyenda zo mugicuku atarataha aya niyo magambo yambwiye. Mubyukuri rero mugenzi Ibi nibyo bituma abagabo benshi dutinda gutaha kuko tuba tulimo kwirebera uko abagore banyoga ibibuno byabo mutubari twinshi,umugabo ntapfa gutaha bikadutera isereri. 
Ariko uramutse ugiye ahantu ugasanga abagore na bakobwa babyina gutya niki ubibazaho cyagwa wumva wabagira nama ki? Ngaho rero namwe nimwihere amaso Imana niyongera kumanura umuriro hano i Kigali ntimukagire ngo haribindi nuko yatashwe nabadaimoni.
Kanga Moko
Ntamugore wabyina gutya atariye ibiyobyabwenge kuko ibi birenze kamere numuco nyafrika ngaho nawe reba
kanga moko4
Usanga abagore bahamagara telefoni za bagabo babo abandi bakabakupa cyagwa babitaba bakabeshya ko barimo kureba umupila wa Alsenal na Man U,naho ubundi baba balimo kwirebera uko inkumi zininguza
kanga moko8
Ndetse harimo na bamwe ibi bituma bajya gushaka abakobwa babaha uduturu bivuze kujya gushaka hano i Kiglai niyompamvu SIDA ilimo kugenda yiyongera numurego ukabije cyane kubera ibintu nkibi

iyi mi byinire ituma abagabo bashaka kwishora mu busambanyi kandi nta gahunda benshi baza bafite,

iyo ukomeje kubareba wicaye imbere yabo uruhinduka byanze bikunze uri umusore cyagwa umugabo.





Reba nawe hano uko babyina bitangaje cyane batambikije hano i Nymairambo byari byakomeye muri weekend




No comments:

Post a Comment