Tuesday, January 6, 2015

IBYO CECILE KAYIREBWA YAKOREYE MAYOR WA MUSANZE MADAME NSHIMAMUNGU BYIBUTSA ABANYARUHENGERI KO NTA RUKUNDO RUHARI MUBATUTSI NABANYARWANDA

By Bagaragaza PILOTE, Muhoza
Ibyo Cecile Kayirebwa yakoreye umuyobozi w’akarere ka Musanze byatumye abanyaruhengeri babonako ntabwiyunge bushoboka hagati yabatutsi babahezanguni nabantu bo mumajyaruguru. Ingoma ya FPR nabambari bayo bicishije abana babanyarwanda ubwo bagendaga babunza ibinyoma muburayi bakomeje kurangwa nawa mutima wibisebe nkuko Kayirebwa yabigaragarije muruhengeri aho yatamarije Mayor wa Musanze. Tubibutseko Madame Kayirebwa ari mubatutsi babahezanguni bashinze umutwe mwicanyi wabatutsi witwa FPR kandi agakora ibitaramo byinshi muburayi byatumye FPR ibona amafranga yo kugura intwaro no gucengera mubanyaburayi. Ikindi nuko uyu mugore yari mundaya zabatutsikazi zarymanaga nabazungu kugirango bashigikire FPR bayihe nintwaro. Ubugome bwe rero yanga abahutu si ubwambere. 
Naho kuri Madame Nshimamungu yagombye kumenya uwo ariwe. Kuba ari Mayor wingoma yabatutsi ntibivugako ari umututsi. Kandi yagombye iteka guhora yibuka uko FPR yishe umugabo we urwagashinyaguro amaze gutahuka avuye muri Congo muri 1997. Umugabo wa Nshimamungu yahoze ari Capitaine mungabo zu Rwanda mbere yuko abatutsi bafata ubutegetsi muri 1994. Nyuma inyenzi zaje kumwica atahutse mazeasiga Nshimamungu nkumupfakazi nimfubyi zabana batatu ubu bamaze kuba abasore. Kubare rero Umututsikazi Kayirebwa yasebeje ingirwa Mayor Nshimamungu mukarere ategeka imbere yabo ategeka ntabwo ari impanuka. Ni muri gahunda ya FPR yo gutamaza ingirwabategetsi zabahutu kgo bakomeze babereke ko ntamuhutu ufite agaciro muri runo Rwanda.  


Mu gihe umuhanzi Byumvuhore akomeje kwishimira no kwishimirwa n’abanyarwanda, mugenzi we Cecile Kayirebwa na we bafatanya mu bitaramo “Umuntu ni nk’undi”we aranengwa bikomeye n’abitabira ibi bitaramo aho bahamya ko uyu muhanzikazi yamaze gutakaza umuco w’urugwiro n’urukundo by’abakunzi be..

Abavuga ibi rero ahanini bagashingira ku buryo n’ubwo uyu muhanzikazi afite ibihangano bikunzwe ndetse bituma n’abanyarwanda bamwishimira we agenda agaragaza kutabitaho ahubwo akabitwaraho nk’umuhanzi batakwisanzuraho ndetse bamwe bakabifata nkaho asuzugura.
1420477725_5
Ubwo yari mu karere ka Musanze yagaragaje urugwiro ruke ku muyobozi wako

Bimwe mu byababaje benshi bitabiriye igitaramo yakoreye i Musanze tariki 01 Mutarama 2015 ni ibyo yakoreye umuyobozi w’akarere ka Musanze ku ya 1 Mutarama,2015 ubwo iki gitaramo cyaberaga muri Stade Ubworoherane maze akaririmba indirimbo byagaragaraga ko zishimiwe. Ageze ku yitwa “Umunezero”umuyobozi w’aka karere Madamu Winifrida Mpembyemungu ananirwa kwihangana n’ibyishimo byinshi n’urugwiro amusanga ku rubyiniro ngo amushimire ariko ibyo Kayirebwa yamukoreye byatumye benshi bagwa mu kantu.
1420477725_3
Ibyo Kayirebwa yakoreye Mayor w’akarere ka Musanze ntibyatanze isura nziza

Akigera ku rubyiniro uyu muhanzikazi yahise amuhunga ndetse amugaragariza bidasubirwaho ko adashobora kumwikoza. Madame Mpembyemungu we yakomeje kumwinginga ndetse agerageza kumwegera kuko yumvaga ko wenda yakwisubiraho ariko Kayirebwa we akomeza kumwikiza ndetse atangira no kugenda amusunika amwereka ko bidashoboka.
1420477724_2
Wabonaga adashaka no kumwikoza

1420477884_9
Madame Winifrida we yakomeje kumwinginga ariko biba iby’ubusa

1420477724_1
Byageze aho atangira no kumusunika amwereka rwose ko ibyo amusaba bidashoboka

Ibi byatunguye abantu benshi bakorwa n’isoni maze umushyushyarugamba(MC) ajya ku rubyiniro aganiriza umuyobozi bigaragara ko yamwihanganishaga. Nyuma y’ibi umwe mu basore bari kumwe n’uyu muhanzikazi niwe wamwegereye amwongorera ko ari umuyobozi w’akarere niko guhita amuhindukirira amuhobera nk’aho ntacyari cyigeze kiba, mu banyamusanze amashyi aba urufaya.
1420477725_3
Aha umushyushyarugamba Lucky yasanze Mayor amubwira ko yihangana gato bakaza kubahuza

1420477884_9-1
Uyu musore yaramwegereye amubwira ko ari umuyobozi w’akarere 

1420477884_10
Akibimenya yahise yiyerurutsa aramuhobera cyane nk’umufitiye urugwiro 

1420478052_11
1420478053_13
1420478053_12
1420478053_14
Ntibyarangiriye aha rero kuko nyuma yo kuva ku rubyiniro uyu muhanzikazi yahise akurikirwa n’umuhanzi Byumvuhore wagaragaje ko yanyuzwe cyane n’ibyishimo abanyarwanda bamugarije. Asoza kuririmba rero yahamagaye abahanzi bose bafatanyije barimo Cecile Kayirebwa, Focus Ruremire na Ben Ngabo ngo baze baririmbane indirimbo isoza maze abandi baraza ariko Cecile ntiyahagaragara bita benshi bafata umwanzuro ko uyu muhanzikazi ashobora kuba asuzugura nk’uko bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru  bitabiriye ibi bitaramo bagiye babigarukaho dore ko no mu gitaramo cyabereye kuri Petit Stade i Remera ari uko byagenze.
No mu gitaramo cya 3 ‘Umuntu ni nk’undi’ cyo kuri petit stade baramuhamagaye nyigaragara!
src.inyarwanda

No comments:

Post a Comment