Tuesday, April 26, 2016

HANO IKIGALI BIRAGORANYE KO ABARIRIMBYI BAGIRA UMUKUNZI UMWE: NGO KING JAMES ASHOBORA KUBA ARENGEJE ICUMI MUMYAKA IBIRI GUSA

NGUYU UMWANA ISHIMWE ELCY USIGAYE ATUMA UMUHANZI KING JAMES ATA KA JASHO
Nkumuntu uzi Kingo James rero yikundira utunyogwe ntabwo ajya ashimihwa nabakobwa barengeje 23 ans ajya avugako babaye INOPFU. Ubundi inopfu ni Ishaka ryapfubye rikaza guhinduka inopfu cg se Umuhigi...Kingo James yikundira twa Under 18 kuko yagiye binyibwirira kenshi ko tumugwa neza kuko tuba tugifite itoto kandi nuburyohe bw' urujya n uruza. Naniyo mpamvu Ishimwe lecy yamuguye neza rwose kuko yujuje ibyo King James atabonye muri Knowless, Princess, cg se Rowland. 
UWAFASHE IYI FOTO ATUBWIRA KO UYU MWANA YARATEEGEREJE UMUKUNZI KING JAMES NGAMUSOHOKANE
ELCY RERO BURYA NTARARANGIZA ISHULI KANDI NAWE URABYUMV AKANYOGWE NKAKA
NAWE NIKO KAKUGWA KUMUTIMA BAMBE

Ngaho rero mwihere amaro amwe mumafoto iyi nkuru yabateguriye namwe muraza kutubera abacamanza ese wowe muraba bose uri Kingo James wahitamo inde ubona aryohe amaso, umutima, numubiri. Ngaho muraza kutubwira mumaze kureba amafoto anyuranye ari hepfo aha. Twayabacaguriye kugirango mube mwatugezaho ibyo mubitekerezaho kandi muze gufasha na Kingo James muguhitamo ushoborak umubera umukunzi uryoheye ijisho ndetse nakazi kumuhanzi:
ISHIMWE ELCY UBU AKABA ARIWE URI KWIBERE RYIGICERI ACHOPPING IBIKOROTO BYA KING JAME

Nyuma y’uko hari hashize igihe havugwa amakuru y’uko umuhanzi King James akundana n’umukobwa witwa Ishimwe Elcy, ibintu bikomeje kuba ibibazo mu bindi wa mugani wa babahanzi, aho havumbuwe amwe mu mabanga yari atarajya hanze avuga kuri uru rukundo. Bivugwako Ishimwe Elcy yongerewe imyaka mu itangazamakuru bituma hanavugwa ko yarangije amashuri kandi akiri umunyeshuri. Nubwo ntawe ushaka kubivugaho muri bose byamenyekanye ko uyu mukobwa yahoze akundana na Davydenko ndetse King James akaba yaramuriye gapapu.
NGUWO ISHIMWE ELCY USIGAYE ATUMA UMUHANZI KING JAMES ARARA NEZA
AHA NGAHA ELCY ARATWEREKA AMADERRIERE CG SE BACKYARD ASSETS

Umuhanzi King James ni umwe mu bahanzi nyarwanda bakundwa n'abantu b'ingeri zitandukanye gusa nanone akaba umwe mu badakunze kugaragaza abo bakundana, kuva yagera mu ruhando rw'ibyamamare mu Rwanda akaba yaragiye avugwaho kuba mu rukundo n'abakobwa batandukanye ari nabo tugiye kubagezaho.

Princess Priscillah
KING JAMES NA PRINCESS PRISCILLAH BASOHOKANYE

Ni kenshi umuhanzi King James na Princess Priscillah byakunze kugenda bivugwa mu itangazamakuru ko bakundana ahanini biturutse ku buryo bakundaga kugaragara bari kumwe akenshi basohokanye ahantu hatandukanye ariko nyuma yo kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kwa Priscillah biza kurangira iby'urukundo rwabo mu itangazamakuru rugiye nka nyomberi ndetse King James aza kuvugwa mu rundi rukundo nyuma y'ibi.

PRINCESS PRISCILLA

Amashusho y'indirimbo "Ndagutegereje" ya King James nayo ni kimwe mu byahishuye bikomeye umubano hagati yabo. N'ubwo aba bombi bagiye basa n'ababihakana iby'urukundo hagati yabo bamwe bemeza ko koko baba barigeze gukundana igihe ariko bakaza gutandukana bitewe n'impamvu runaka zitabaturutseho cyane ko hari n'abakeka ko kugeza n'ubu baba bagifitanye umubano w'urukundo n'ubwo bo batabyemeza.

Knowless Butera
Add caption

Nyuma yo gutandukana na Safi umuhanzikazi Knowless Butera yakunze kugenda agaragarana cyane na King James gusa aba bombi bakaba baragiye bahakana iby'urukundo rwabo bemeza ko kuba bafotorwa kenshi bari kumwe badahuzwa n'urukundo rw'aba "Boyfriend/Girlfriend" ahubwo bahuzwa n'inzu ya Kina Music aba bombi bari bahuriyemo nubwo nyuma King James yaje kuyivamo.


King James na Knowless urugwiro n'akanyamuneza barabihoranaga iyo babaga basohokanye.

Ni kenshi hagaragaye amafoto y'aba bombi basohokanye mu bitaramo ahantu hatandukanye, gusa biza kurangira bombi basa n'abatakigaragana cyane ndetse bashwishuriza itangazamakuru ko urukundo rubakekwaho atarirwo ruri hagati yabo ahubwo ari inshuti zisanzwe biza no gushimangirwa na 'Producer' Ishimwe Clement wa KINA Music kuri ubu bivugwa ko yaba ariwe ukundana na Knowless mu buryo bw'ibanga n'ubwo bo bemeza ko bahuzwa n'akazi ndetse akaba ari inshuti bisanzwe nk'abantu bakorana.

Meek Rowland


Muri 2014 ubwo King James yitabiraga 'Rwanda Day' i Atlanta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku rubuga rwa Facebook rw'uyu mukobwa usanzwe nawe ari umuhanzikazi hagaragaye amafoto ye na King James basohokanye basangira ubona ko urugwiro ari rwose bihita bitangira kuvugwa cyane ko bombi baba bari mu mishinga y'ubukwe gusa nyuma y'aho biza kurangira bigaragaye ko ibyari imishinga y'ubukwe ahubwo ari imishinga y'indirimbo.


King James na Meek Rowland ibyabo byabanje gutungurana no guteza urujijo.

Meek Rowland akaba yaratangaje ko we na King James bishimanye ndetse bikamushimisha by'umwihariko nk'umuhanzi yari asanzwe akunda gusa asobanura ko ibye na King James atari urukundo benshi bakeka cyangwa iby'ubukwe, ibi biza gushimangirwa n'amashusho y'indirimbo "Ntibisanzwe" ari nayo ahanini yahuzaga aba bombi King James nawe ahita aboneraho gukura abantu mu rujijo.

Umutoniwase Yvette

Mu minsi ishize ubwo King James yashyuraga hanze amashusho y'indirimbo ye "Ndagukunda" nibwo henshi mu bitangazamakuru, ku mbuga nkoranyambaga byatangiye kuvugwa ko King James n'uyu Yvette baba bari mu rukundo cyane ko King James yari yaramaze gutangaza ko iyi ndirimbo yayikoze mu rwego rwo kuyitura umukunzi we, bityo benshi bakaba bari bategerezanyije amatsiko kureba umukobwa wagombaga kugaragara mu mashusho y'iyi ndirimbo.

Nyuma ariko bikaba byaraje kurangira bigaragaye ko uyu Yvette asanzwe afite umugabo babana ndetse nawe akaba umuhanzi uririmba mu njyana yihariye yitwa "Kadunde Style", bamwita Deelex.
Usibye aba bose kandi ntitwakwiyibagiza ko n'ubu mu mwaka wa 2011 umuhanzi King James yakunze kuvugwa mu rukundo n'undi mukobwa witwa Ange ahanini biturutse ku kugaragara mu mashusho y'indirimbo ye "Narashize" yakunzwe bikomeye mu Rwanda.

Ishimwe Elcy


Mu minsi ishize King James akaba aherutse kugarukwaho mu rukundo ruvugwa hagati ye n'uyu mukobwa wiga mu mwaka usoza amashuri yisumbuye ku kigo cya APACE giherereye Kabusunzu, gusa King James akaba yarabihakanye avuga ko n'ubwo basanzwe baziranye batari mu rukundo.

Elcy uvugwaho kuba umukunzi mushya wa King James.
Nyuma y'aya makuru rero kugeza ubu benshi mu bakunzi n'abafana b'uyu musore bakaba baraheze mu cyeragati bibaza niba koko uyu mukobwa yaba ariwe rukundo rwa King James nk'uko inshuti za hafi za bombi zagiye zibyemeza mu itangazamakuru ndetse n'ibimenyetso bimwe na bimwe King James yagiye atanga biranga umukunzi we, uyu akaba abyujuje.



No comments:

Post a Comment